Muri iki gihe tugezemo usanga abantu benshi bitabira gukoresha ikoranabuhanga cyane cyane imbuga nkoranyambaga uyu munsi tukaba twabateguriye urutonde rw'abastar icumi bafite abakunzi benshi kurubuga rwa facebook
10. Linkin Park
Iyi ikaba ari band ya rock yo mu majyepfo ya calfonia muri leta zunze ubumwe z'amerika ikaba ifite abayikurikira miliyoni 66 n'ibihumbi 900 kuri facebook
9. Lady Gaga
Lady gaga usanzwe akundwa n'abatari bacye kubera udetendo asanzwe akora. nubwo ariwe ukurikirwa nabantu benshi kuri twitter siko bimeze kuri facebook kuko aza kumwanya wa 9 nabamukurikira miliyoni 67 n'ibihumbi 200
8. Justin Bieber
7. Katy Perry
katy perry uririmba injyana ya pop akaba aza ku mwanya wa 7 aho akurikirwa nabantu miliyoni 72 n'ibihumbi bitanu
6. Michael Jackson
Nubwo atakiriho ntibimuza kuza kumwanya wa 6 mu bakurikirwa nabantu benshi kw'isi aho akurikirwa na bantu miliyoni 80
5. Vin Diesel
Ubusanzwe n'umukinnyi wa filime ukomeye akaba akina no muri filime fast and furious ibice byayo byose. akaba akurikirwa na miliyoni 89 n'ibihumbi 600
4. Rihanna
Rihanna uririmba r&b ndetse na pop akaba yarakoze indirimbo zamenyekanye cyane kw'isi nka diamond, what my name n'izindi akaba akurikirwa na miliyoni 90 n'ibihumbi 39
3. Eminem
Icyamamare mu njyana ya hip hop eminem akaba akurikirwa na miliyoni 98 n'ibihumi 220
2. Cristiano Ronaldo
1. Shakira
Umuhanzikazi mu njyana ya r&b na pop akaba n'umugore w'umukinnyi gerrard pique ukinira ikipe ya fc barcelone akaba ariwe mustari ukurikirwa nabantu benshi kuri facebook akaba akurikirwa na miliyoni
Kanda hano ubone amakuru agazweho
Share this:
Niba ukunda inkuru z' Madhouse250 komeza udukurikirane kuri
FACEBOOK PAGE
yacu
UNYUZE HANO
ukande Like.
Gutanga Igitekerezo ku nkuru hano biroroshye, Wakoresha Facebook yawe, Twitter, Cg E-Mail ahagana hasi.
Gutanga Igitekerezo ku nkuru hano biroroshye, Wakoresha Facebook yawe, Twitter, Cg E-Mail ahagana hasi.