Uri Hano »» Ahabanza » , , ACCOUNT YA MARK ZUCKERBERG WASHINZE FACEBOOK YATWATSWE N'ABA HACKERS BO MURI BRAZIL

ACCOUNT YA MARK ZUCKERBERG WASHINZE FACEBOOK YATWATSWE N'ABA HACKERS BO MURI BRAZIL

Yanditswe na Unknown | Wednesday, December 17, 2014 Saa 14:13


Zuck washinze Facebook
Nyuma y'uko bamwe mu ba admins b'amapage akomeye muri brazil bagiye basaba Mark Zuckerberg (washinze Facebook) ko yakongera umubare w'abantu babona post z'amapages, ntihagire igihinduka bahise bakora imyigaragambyo babinyujije ku ifoto ye iri kuri facebook.

Iyi foto bagabyeho ibitero rero ikaba yari yarashizweho na Mark Zuckerberg ku itariki 20/5/2012 aho yari yayishyizeho mugihe yari ari mubyishimo byo kurushinga hamwe n'umugore we Priscilla Chan.

Kugeza ubu rero kuba wakora share cyangwa comment kuri iyi foto byahise bihagarara nyuma y'akavuyo kari kamaze kuyuzuzwaho n'aba banya Brazil.


Kugeza ubu iyi foto ikaba yari imaze kujyaho comments zirenga 186,400+ ndetse na likes zisatira millioni 2.

IYI FOTO USHOBORA KUYIBONA UNYUZE HANO  cyangwa AHA.

Share this:



Niba ukunda inkuru z' Madhouse250 komeza udukurikirane kuri FACEBOOK PAGE yacu UNYUZE HANO ukande Like.
Gutanga Igitekerezo ku nkuru hano biroroshye, Wakoresha Facebook yawe, Twitter, Cg E-Mail ahagana hasi.
-->